wex24news

nyaxo yahawe imbabazi na leta y’uburundi

kanyabugande Olivier wamamaye mu Rwanda kubera amashyengo agira yamaze kurekurwa.

Kanyabugande Olivier waburaga iminsi mike ngo yuzuze ibyumweru bibiri muri gereza bivugwa ko atari nziza , yamaze kurekurwa arataha.

Amakuru avuga ko Nyaxo yafatiwe i Burundi hamwe n’abandi bose bagahita bafungwa.Aba bafashwe tariki 2_3 Ugushyingo 2023.

Icyatumye aba bafungwa ntabwo cyavuzweho rumwe na cyane ko nta rwego na rumwe rwigeze rugaruka ku ifatwa ryabo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *