wex24news

umuhanzi nemeye platini yabajijwe kugutadukana n’umugorewe araruca ararumira.

umumuhanzi Nemeye platini yabajijwe kugutadukana kwe numugorewe araruca ararumira nyuma yaho humvikanye amakuru ko yatadukanye numugere we Ingabire olivia basezeranye byemewe namatengeko.

ubwo yari yitabiriye igitaramo cyitwa Gen -Z comed niho Nemeye wari watumiwe nk,umushyitsi mukuru abazwa iki kibazo gusa niyagira icyo abivugao agihabwa ikaze, yakirijwe ikibazo cy’umuryagowe, ibi byose bika biterwa nuko ngo umugore we yaba yarabyaye umwa utari uwa platini nkuko byakomejebyaracaracara muri gicurasi.

Mu gusubiza iki kibazo , Platini P yagize ati:”Uyu mwaka ntabwo wanyorohereye kubera byinshi byavuzwe mu itangazamakuru byerekeye urugo rwanjye ariko nta gisubizo gitangaje mfite kuri ibyo bintu, kuko nkunda urugo rwanjye, umwana n’umugore gusa navuga ko nanyuze mu bihe bitanyoroheye na n’uyu munsi ndi gushaka gusobanukirwa neza.Rero numva ari icyo navuga”.amakuru y’urugo rwa Nemeye Platini n’umugore we yamenyekanye muri Gashyantare uyu mwaka kuko hari amakuru yavugaga ko batarikubana nk’umugore n’umugabo nk’uko basezeranye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *