wex24news

umuhanzi the ben yagaragaje icyo yabegukiye miss pamella uwicyeza.

Umuhanzi The Ben mbere yo gusezerana na Miss Uwicyeza Pamella yagaragaje ikintu uyu mukobwa afite cyamukuruye arusha abadi bakobwa bikigali kugezaho yiyegurira umutima wuy’umukobwa.

Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye cyane ku izina rya The Ben ubwo yakoraga kiganiro kuri radiyo ya Kiss FM iri muzikunzwe cyane hano mu Rwanda yavuze ko ikintu cyamukuruye kuri uyu munyarwandakazi kigatuma amukunda urukundo ruzira uburyarya ari ubwitonzi bw’uyu mwari ufite uburanga burangaza abamureba.

Miss Uwicyeza Pamella agiye kurushinga na The Ben ubukwe bwaba bombi buraba uyu munsi tariki 15 Ukuboza 2023.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *