wex24news

Gloomy Sunday:ese koko iyi ndirimbo yitwa gloomy sunday uyirebye ariyahura?

indirimbo gloomy sunday nindirimbo yagiye yumvikana ko uyirebye ahita yiyahahura kungeza ubwo abarenga ma 200 bamaze kwiyahura bitewe no kuyireba bagasoza bafite ubwoba bwinshi.

iyi ndirimbo kandi Radio BBC na TV yA BBC byayihangaritse kuyikina igihe kingana ni myaka 66 bivuga ko ”iyi ndirimbo ihagaritswe igihe kingana nimyaka mirongo 66.

iyo myaka yaragiye muri 2022 nibwo hongeye kugira kandi aho yumvikana nyuma yimaka 66 indacurangwa nahamwe ubu ikaba iri no kuri youtube iri gukinywa.

iyi ndirimbo kandi bavuga ko amagambo ayigize n’uburyo icuragitse byuje umwijima ngo detse kandi ikaba ifite amagambo ashishikariza uyumva kwiyahura,iyi ndirimbo yamenyekanye ko ariyo umugabo wo muri honglia w’umwiyahuzi akaba ari umusizi(poetry)witwa rezso

iyi ndirimbo kandi ngo yayanditse amaze gutandukana numukunzi we hari kucyumweru ngo ”niyo mpamvu yayise gloomy sunday” (icyumweru cyuje umwijima) ikaba yaranditswe 1930

iyindirimbo kandi ngo nuwanditse nawe yariyahuye nyuma yabantu barenga magana 200 biyahuye kubera yo,ngo kandi uyu mugabo yababajwe nuko umugore we wamutaye akandika iyi ndirimbo ati ngeze amugarukira.

Amwe mumagambo ari muri iyi ndirimbo

Urumuri rwiki cyumwe niruke cyane,amasaha menshi ari kungenda ashira ntamahoro,ntabasha gusinzira,uturabyo twumweru ntitwagukangura bitewe naho agahinda kumwijima kakujyanye,abamarayika ntibabasha kukungarurira,umutima wange nange ubwange ibi byose twahisemo kubiragiza,urupfu ntirukiri indoto kuko murupfu niho nzongera nkagukoraho.

nyuma yiyo ndirimbo umugabo nawe yahise afata umwanzro wo kwiyahura yiyumvisha ko aribwo azongera kubona umukunziwe.

iyindirimbo iririmbwe mumajwi yuje agahinda ntuko icuragitse bigaragaza ko uwayanditse yarababaye cyane.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *