wex24news

Miss Mutesi Jolly yagize agahinda n’isoni z’uwashyize hanze ifoto y’umukobwa warenzwe n’ibyishimo akiyambura ubusa amabereye akajya kukarubanda.

Miss Mutesi Jolly wabaye nyampinga w’u Rwanda 2016 yatewe agahinda n’isoni z’uwashyize hanze ifoto y’uwarenzwe n’ibyishimo agashyira hanze bice bye by’umubiri we.

kugicamunsi nibwo hakwirakwiye ifoto yuwo mukobwa washimye akabyina kugeza ubwo umwambaro we uzamutse abafotora bagafotora kungeza bangeza no kuri icyo gice kibereye hanze.

N’ifoyo yafatiwe ahabereye igitaramo cya Danny Nanone warimo gushyira hanze Album ye nyuma yo kugarukana amaraso mashya muri muzika.

Muri uko kubyina bitewe n’umuziki n’urukundo yari afitiye Danny Nanone wari ku rubyiniro, yazamuye amaboko cyane , umwenda yari yambaye urazamuka kimwe mu bice bye by’umubiri bijya ahangaragara ahita afotorwa.

Miss Mutesi Jolly yagize ati:” Human decency of some our media houses is out of the window. Ese nta editorial line bagira ?”.

Bamwe mu basubije MissMutesi Jolly harimo Lionel Ndizeye wagize ati:” Agatwiko hejuru ya byose”.Jolly ahita amusubiza ati:”Birababaje”.

Benshi bakomeje kugaragaza uko babyumva

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *