wex24news

Wizkid yakubise umufana urushyi ubwo yari yitabiriye igitaramo.

Davido na Wizkid bagaragara basa n’abishimanye cyane, hari amashusho yafashwe Wizkid ari gukubita umufana urushyi , Davido agakiza.

Mu bitangazamakuru byo muri Nigeria no ku Isi,hari ikwirakwira ry’amashusho ya WizKid na Dvido bari mu gitaramo cy’uwitwa DJ SKYLA Tyla, cyari ku mazi mu Mujyi wa Lagos muri Nigeria.

Muri icyo gitaramo habanje gusohoka amashusho y’aba bahanzi bombi banzerewe kuko bari bari kubyina, baririmban hamwe bigaragaza urukundo bombi bari bafitanye.aha kandi niho Wizkid yagukubitiye umufana urushyi.

Dvido nawe yaje kujya gutabara abuza Wizkid kwihanira detse kd yihanganisha uwa kubiswe urushyi gutuza.

Ababibonye bibajije aho iyi myifatire ya Wizkid waherukaga kuvuga ko ahagaritse umuziki ubundi akiyitaho ubwe asohokana nabangenzibe ariko akita cyane kuri Siporo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *