wex24news

zari hassan na tanasha donna bazwi nkabakeba bizihiwe mu birori bavugisha benshi

ibirori bisanzwe bitegurwa na Zari Hassan byabaye ku wa 16 Ukuboza 2023.habonetsemo uwahoze arimukebawe uzwi nka Tanasha Donna bizihiwe bijyiye kure.

Guhura kwaba bombi bikomeje gucanga benshi arinako bavuga cyane kumbuga nkoranya mbaga.

Aba bombi bizwiko babyaranye na Diamond Platnumz baserukana mu birori Zari asanzwe ategura muri Uganda hagati yaba bombi habayeho kwiyibagiza kuhahise bashyirahamwe byagahe gato.

Zari Hassan, avuga ko Tanasha Donna amubona nk’umwe mu bagize umuryango we, bityo ko nta kibazo na kimwe kiri mu kumutumira.

Ndetse ibibirori bikaba bya bonetsemo Fantana wo muri Ghana nawe uherutse kugaraga ku mbuga nkoranyambaga mu mashusho  asomona na Diamond Platnmuz.

Ibi birori by’abambaye imyenda y’umweru ‘Zari the Boss Lady All White Party’ ni bimwe n’ibyateguwe i Kigali tariki 29 Ukuboza 2023,Bizaba birimo Zari Hassan, Muyango Claude , Tidjara Kabendera n’abandi. kuri The Wave Lounge

Nyuma yo kubyarana abana babiri, Zari yatandukanye na Diamond mu 2018, iki gihe akaba yaramushinjaga kumuca inyuma cyane ko yari amaze kumenya amakuru y’uko uyu muhanzi yabyaranye na Hamisa Mobetto.

Nyuma y’uko Zari atandukanye na Diamond, uyu muhanzi yahise atangira ubuzima bw’urukundo rushya na Tanasha Donna, batangiye gukundana mu 2018 baza no kubyarana mbere y’uko na we batandukana mu 2020.

amwe mumafato zari na tanasha bafatanye akaboko kukandi

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *