wex24news

Bien Baraza umuhanzi wo muri kenya yatunguwe n’umubyeyi asuka amarira ku rubyiniro

Bien Baraza wahoze muri Sauti Sol yatunguwe n’umubyeyi uumubyara Grace Baraza , ibyishimo biramurenga asuka amarira kurubyiniro.

cyari igigitaramo yisi ‘Blankets and Wine’ cyabereye muri imwe munyubako isanzwe yakira ibitaram Moi International Sports Center ahazwi nka Kasarani, niho yuyu mujhanzi akaba numwanditsi windirimbo yatunguriwe na nyina amusanze ku rubyiniro.Uku gutungurana kwa Grace baraza watunguye umwana we Baraza byanejeje benshi cyane Bien Baraza muhanzi wari witeguye gushimisha abaraho nyuma yo kuva mu itsinda rya Sauti Sol.

kumbuga Nkoranyambaga ze ‘Bien’ yerekanye amashusho y’umubyeyi we Grace Baraza amaha indabo ku rubyiniro.Abari biktabitabiriye ibyo birori bemeza ko uyu mubyeyi yazanwe no kwishimira ko umwana yabanejeje detse nabaraho.

Bein baraza yashimishijwe cyane n’umubyeyi we kuvuga biramunanira kubera gutekereza ujko umubyiwe yishimiye igitaram o cye detse nurugendo uyu mubyeyi yakoze kuva ahitwa Kakamega akagera ahabereye igitaramo agamije kureba umuhungu we wamamayeye detse akanabanezeza cyane.

Baraza yatangaje ko yanejejwe no kwitanga k’umubyeyi we akemera gusiga umugabo we urembye cyane.Yavuze ko yari akwiriye kuguma mu rugo , akita k’umugabo we aho kujya muri Nairobi mu gitaramo.Baraza yahishuye ko umubyeyi we ariwe watumye afata umwanzuro wo gushyira hanze umizingo windirimboze.

hnono kandi muri iki gitaramo niho bein baraza yaboneyeh yereka abafana umubyeyiwe

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *