wex24news

nyuma yigihe kinini abakinnyi ba cinema batagicana uwaka ubu noneho baravugwa m’urukundo.

Zaba Missedcall n’umukunzi we baherutse gutangaza ko biyunze,ninyuma yaho yavuzwe cyane gutadukana kwaba bombi, bikaba byaranatumye batagira gukorana filime nshya y’uruhererekane bitegura gusohora mu minsi iri imbere bise ‘aho yaciye’.

Mu butumwa banyujije kuri YouTube chane yabo, bahishuye ko biyunze nyuma y’igihe kinini bafashe icyemezo cyo gutandukana.

Aha kandi Zaba Missedcall yaboneyeho gutangaza ikintu cyari cyabatandukanyije.
Ko ari amashusho bagiye bifata bagashyira ku mbuga nkoranyambaga,bigateza ikibazo k’umuryango wa Nkusi Lynda kuko batiyumvishaga ibyurukundo rwabo.

Kutishimira uko bitwara mu biganiro bakoreraga kumbuga nkoranya mbaga zabo, byatumye umuryango wo kwa Nkusi Lynda urakarira Zaba Missedcall kuko hakekwanga ko abashukira umwana awabo, batagira kubijyenza gake.

aha kandi ngo Nkusi Lynda akimara gutandukana na Zaba Missedcall yahise akundana nindi nkumi
nyuma yo gutandukana kwabo abafana baje gusaba zaba ko yasubirana numukunzi we nibwo zaba yaje guhamagara Lynda musabo ko bakora na flime muryo bwa business kugira ngo abafana bazaboneko basubiranye.

gusa biyemeje kureka ibibazo byari hagati yabo biyemeza gukorana,ngo gusa hagize igihinduka kubyerekeranye n’urukundo abafana babimenyeshwa.

Zaba Missed call ati “twari tumaze igihe kinini,ntekereza koko ikintu cyashimisha abakunzi bacu icyambere ari ukutubona dugukorana ,naho ibindi bizangenda byisobanura.
kandi ibi Zaba abihurizaho na Nkusi Lynda nawe wagize ati “Njye nzikon ikintu cyose kiba mu igihe cyacyo, tekereza ko abantu batandukanye mu gihe kinini gishize, kuba tugiye gukorana, nuko hari ikintu.

Zaba Missedcall na Nkusi Lynda imyiteguro yo gusohora filime nshya y’uruhererekane bise ‘Aho yaciye’ ingeze kure izatangira kujya hanze mu minsi iri imbere.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *