wex24news

juno kizigenza nyuma yuko agiriye inama,umwe mubakobwa bamutuye indimbo ngo abireke kuririmba,ubu noneho uyu mukobwa yasubiye muri studio.

Ubwo juno kizigenza yagiraga inama umwe mubakobwa bamwihebeye kugeza ubwo yamuhimbiye indirimbo akamubwira ko kuririmba atari ibyabose ashaka kumwumvishako kuririmba atari ibintu bye, ubu noneho uyu mukobwa yanze gucika inenge yongera gukora munganzo ajya muri zimwe munz zituganya imiziki(studio) aho yagiye gukora indirimbo yanoheri azatura abanyarwanda bose muri rusange.

Mu minsi mike ishije nibwo, Juno Kizigenza yabwiye uyu mukobwa witwa Juwayeze ko yashaka ikindi akora kitari ukuririmba kuko atari ibintu bye.

ibi yatangaje ubwo uyu mukoba yasohoraga indirimbo akayitura uyu muhanzinyarwanda witwa juno kizingenza uyu mukobwa yihebeye


nimukiganiro yakoreye kuri youtube aho yabajiwe niba uyu mukobwa indirimbo yamukore yarayumvise nyuma ati”kuririmba sibyabose niyishakire ikindi yakora.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *