wex24news

Linda umukobwa wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundana (ex)

Linda umukobw wari ufite ubukwe ku wa 6 bwasubutswe bitewe nuwo bahoze bakundana (ex)

Umunyamideri witwa Lindamukobwa witwa Linda wari ufite ubukwe ku wa 6 bwapfuye igitaraganya kubera uwo bahoze bakundana
Linda ni Umunyamideri wo mu gihugu cya Nigeria akomeje gushegurwa bikome n’ gahinda gakomeye nyuma y’uko ubukwe bwe bwari ku wa Gatandatu washize tariki ya 16 Ukuboza 2023, bwasubutswe habura umunsi umwe gusa ngo bube.

Ubukwe kandi ngo bwasubitswe nyuma yuko umugabo we atahuye ko uyu mukobwa yagiye gusezera kuwo bahoze bakundana ngo bakagirana ibihe byiza muburiri.

Uyu lynda yajyiye gusezera uwo bahoze bakundana mu ijoro ryo ku wa Kane, gusa yatuguwe no kubona umwe mubo mumuryango w’umusore yabibonye detse afite namashusho

ku wa gatanu nibwo umugabo we yabishyize ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko ubukwe bwe na Linda busutswe ku impamvu zitamuturutseho.

Uyu mugabo yatangaje ko ubukwe bwe buhagaze bitewe nuko yabwiwe ibyo Linda yakoze mbere y’ubukwe kandi bibabaje atabasha kubyihanganira.

Abagize umuryango w’umusore n’umuryango w’umukobwa bose bihutiye kujya kureba umusore aho atuye ariko ntibamusangayo kuko yari yafashe imodoka yagiye ndetse na telefone yayikuyeho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *