wex24news

bizimana djihad gapiten wi ikipe yigihugu amavubi ari gukina hanze yu rwanda.

Uyu mu kinnyi ruragiranwa w’amavubi. yerekeje hanze ajyiye gukinira ekipe yo mugihingu cya ukrain yitwa cerberus.

Gusa akaba yangezeyo,iyi ekipe iri mubiruhuko, ubwo yangeraga muriki gihungu, yari afite agaciro kibihumb mirongo itandatu byama euro,kumezi atantu amaze muri iki gihungu, amaze kuzamurwa cyane, ubwo agaciro afite kangana nibihimbi ijana byama euro.

Akaba ari umukinnyi wa 2 uhembwa menshi muri ekipe y’urwanda amavubi, uwambere 1 akaba ari Imana ishimwe emanueli mangwende uhebwa angana ni bihumbi mangana arindwi bya ma euro.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *