wex24news

Tiffah na Nillah abana ba zari bongeye kwivumbirira umwe mubo mumuryango wabo.

Kumunsi wejo abana ba zari bongeye kugaragaza ko batishimiye umwe mubabarera.

Aba bana babisabye nyina, ubwo uwo nyirarume wabo basaga nkaho har ibyo batumvikanyeho, niko gusaba zari ko bakwijyira mukindi gihugu, ibi byatagajwe mumashusho yagiye hanze abana bari gusaba nyina ko bataha bakajya muri afurika y’epfo.

Aya mashusho yagaragaye Tiffah na Nillah, bari gusaba nyina ko yamerera bagasubira, iwabo Uyu mubyeyi yababwiye ko atari byiza ko baterwa ikibazo cyane n’uko hari ibyo batumvikanaho nyirarume wabo ababwira ko nawe batajyaga bahuza 100% kera akiri muto.

Kandi ubu bakaba ntakibazo bagifitanye kandi akiri muto batarajyaga bumvikana.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *