wex24news

DAVID Na wizkid, bongeye kuba, nka kagozi kazirikanyije,nyuma yamakimbirane bari bafitanye.

Nyuma yaho hamaze iminsi, humvikana umwuka mubi, hagati yabahanzi bakomeye, mu gihungu cya nigerian.

Ubu noneho umubano wabo umeze neza,ni nyuma yaho Davido agaragaye kumbuga nkoranya mbaga ze, akundisha aba nya nigeria gukunda ibihangano bya wizkid, birimo n’indirimbo ajyiye gushyira hanze kuri uyu wagatantu taliki ya 22 ukuboza 2023.

Ibi byamenyekanye kuri uyu wa kane taliki ya 21 ukuboza 2023 nkuko byagaragaye kumbuga za David

Aba bafatwaga nka bakeba mugihugu cyabo, ubu abanya nigeria bongeye gutugurwa nuku kwi shyira hamwe kwabo.

Bamwe mubafana kumande zombi, bajyiye bagaragaza ko Davido yaba yariyunze, na mungenzi we Wizkid, Davido nawe arabyemera, aho yatangaje ko ibyo bapfaga, byari ubwana kumyaka ye 31 itamwemrera gushwana.

Uyu Davido niwe muhanzi waranzwe, nuduhigo twinshi muri uyu mwaka wa 2023, aho afite indirimbo yarebwe cyane, kurubuga rwa spotify, abifashijwemo nindirimbo ye, yitwa unveilable yakunzwe cyane, nibyamamare birimo Rihanna.

Detse kandi yasohoye umuzingo (album), yise timeless ni album yumviswe cyane kuri uru rubuga, kandi niwe muhanzi ufiete damination awards, nyinshi nk’ umuhanzi muri Africa.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *