wex24news

ikipe y’igihungu amavubi isoje umwaka iri k’umwanya 133 kurutode ngaaruka kwezi rwa fifa.

N’uruto rwashyizwe ahagaragara, n’ishyiramwe rishinzwe umupira w’amaguru kwisi fifa.

kumunsi wejo taliki ya 21 ukuboza 2023 nibwo fifa nki’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kw’ isi ryatagaje uko amakipe asoje umwaka ahagaze.

,Ikipe iza kumanya wa mbere kw’ isi,ni ekipe y’igihungu cya aligentine, iza kumwanya 1 aho iyoboye izindi ekipe zibindi bihugu.

Naho ikipe izahafi muri afurika mubagabo ni ekipe ya maroke iza kumwanya 13,bigaragara ko yitwaye neza muri uy mwaka.

Naho muri afurika y’uburasirazuba, iri kumwanya wahafi ni ekipe y’igiungu cya uganda, iza kumwanya wa 92.

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru kwisi fifa, rikaba ryakomeje gutangazako, amakipe yose akomeje kwitwara neza, cyane cyane ikipe yigihungu cya alingentine,ari nayo iri kumwanya wa mbere, ikaba ikomeje kuyobora uru rutonde.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *