wex24news

Immaculée na Alodie batangiye akazi mu kipe nshya rayon sportsWFC. (AMAFOTO)

Mu minsi ishize ni bwo humvikanye, amakuru yavugaga ko AS Kigali c, yatakaje abakinnyi ngenderwaho, nyuma yo kugurwa na Rayon Sports WFC bazaba bahanganiye igikombe cya shampiyona uyu mwaka.

Mu minsi ishize ni bwo humvikanye, amakuru yavugaga ko AS Kigali WFC, yatakaje abakinnyi ngenderwaho, nyuma yo kugurwa na Rayon Sports WFC bazaba bahanganiye igikombe cya shampiyona uyu mwaka.

Aba bakinnyi, Kayitesi Alodie ukina hagati mu kibuga na Uwimbabazi Immaculée ukina mu bwugarizi, bari mu beza b’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali.

Nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri Rayon Sports WFC, batangiye akazi ku wa Gatatu tariki ya 27 Ukuboza 2023.

Aba bombi, bagaragaye mu myitozo ku kibuga cyo mu Nzove, ndetse bagaragarizwa urukundo na bagenzi ba bo bahoze bakinana muri AS Kigali.

Ububakaba bari kubarizwa muri rayon sports WFC bakaba ariho barin gukorera imyitozo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *