wex24news

Niyo Bosco yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya nyuma yaho yari yariheje andaheruka gukora munganzo.– VIDEO

.
Ni amakuru yamenyekanye ku wa 28 ukuboza 2023 ubwo yabitangazarizanga itangazamakuru
.

Niyo Bosco wari umaze igihe acecetse yashyize hanze iyi ndirimbo nsha kumugoroba wejo.
Nindirimbo nziza igaragaza ko haribyo yangezeho yishimira detse yiyubahira.
iyi ndirimbo ikaba yitwa ‘Eminado’.


Iyi ndirimbo‘Eminado’ igaruka kubikorwa bya muranze uyu mwaka wa 2023 no mu buzima bwe muri rusange.

Irijambo iyitiriye iyi ndirimbo, rikomoka mu Rurumi rwo muri Nigeria ryitwa [ Yoruba ].Ni izina risobanuye umuntu wi yubahira ibyo yakoze, kandi akishimira ibyo yangezeho.

Niyo Bosco uzwiho kwandika indirimbo zirimo ubutumwa, yahuje iri izina Eminado n’ubuzima bwe mu mashusho yayo aho yahereye mu bwana bwe acurangira ku muhanda akagera igihe yari amaze kuba icyamamare.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *