wex24news

umwe mubabaye miss w’u Rwanda Miss Nishimwe Naomie yambitswe impeta na Michael Tesfay bamaze igihe bakundana, ndetse akaba yatangaje ko bitegura gukora ubukwe.

Mu ijoro ryakeye taliki ya 1 Mutarama 2024 nibwo Michael Tesfay yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Nishimwe Naomie wabaye miss w’u Rwanda mu 2020.

Nishimwe Naomie yagize ati “Sinjye uzarota mbanye nawe ubuzima bange nsigaje bwose.”

Uru rukundo rw’aba bombi barumazemo imyaka ibiri kuko kuva mu 2022 ari bwo rwatangiye kumenyekana by’umwihariko kumbuga nkoranya mbaga.

Uyu Michael Tesfay ukundana na Nishimwe Naomie ni umusore ufite Masters mu bijyanye n’ubuganga.

Akaba iyi Masters yarayikuye aho yize muri Kaminuza yitwa Edinburgh mu Bwongereza ariko muri iki gihe asigaye aba abarizwa mu Rwanda.

Muri Mata 2023 yatumiwe mu nama ‘One Forest Summit’ nyuma y’igihe atangiye ubufatanye na ‘Be-space group’ y’umugore witwa Angoang Grâce Manuella wo muri Gabon.

Ni inama yari yitabiriwe na Perezida w’u Bufaransa Emmmanuel Macron.

Mu ijoro ryakeye taliki ya 1 Mutarama 2024 nibwo Michael Tesfay yafashe icyemezo cyo kwambika impeta Nishimwe Naomie wabaye miss w’u Rwanda mu 2020.

. Nishimwe Naomie yagize ati “Sinjye uzarota mbanye nawe ubuzima bwange nsigaje bwose.”

Uru rukundo rw’aba bombi barumazemo imyaka ibiri kuko kuva mu 2022 ari bwo rwatangiye kumenyekana by’umwihariko kumbuga nkoranya mbaga.

Uyu Michael Tesfay ukundana na Nishimwe Naomie ni umusore ufite Masters mu bijyanye n’ubuganga. Akaba iyi Masters yarayikuye aho yize muri Kaminuza yitwa Edinburgh mu Bwongereza ariko muri iki gihe asigaye aba abarizwa mu Rwanda.

Muri Mata 2023 yatumiwe mu nama ‘One Forest Summit’ nyuma y’igihe atangiye ubufatanye na ‘Be-space group’ y’umugore witwa Angoang Grâce Manuella wo muri Gabon. Ni inama yari yitabiriwe nabakomeye barimo na Perezida w’u Bufaransa Emmmanuel Macron.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *