wex24news

mukarere ka nyanza Umugabo yanizwe n’intongo y’inyama.

K’ubunani tariki ya 01 Mutarama, 2024.mu Mudugudu wa Kigarama, mu Kagari ka Kibinja mu Murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza inyama yishi umugabo.

Uwahaye amakuru UMUSEKE ndukesha iyi nkuru wanabonye nyakwigendera, yatangaje ko yari mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko.

Uyu nyakwingedera ngo yatumiwe na mushiki we ngo bishimane k’umunsi mukuru w’Ubunani, ubwo barimo bafata amafunguro, yariye inyama imuhagama mu muhogo yanga kumanuka ngo ijyere munda.

Uwahaye amakuru UMUSEKE ndukesha iyi nkurun avuga ko yagerageje byibura kuyigarura biranga, bafata icyemezo cyo kumujyana kwa muganga agezeyo ahita ashiramo umwuka yitaba imana.

Amakuru avuga ko nyakwigendera yashyinguwe kumunsi wejo taliki 02 Mutarama, 2024.
kuva uwo munsi nyakwingedera yakwitaba imana ntarwengo rw’ubuyobozi rwari rwagira icyo rutangaza kuri urwo rupfu rwuwo muturange.
umuseke dukesha iyi nkuru watangaje ko bageragejeje kuvugisha ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza ariko ntibyabashobokera.

wex24news.com

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *