wex24news

ubuyobozi bukuru bwa rayon buyobewe na Uwayezu Jean Fidèle uyobora Gikundiro yamaze gufata umwanzuro ku mutoza mukuru wa Rayon Sports

wayezu Jean Fidèle ndetse n’abo bayoborana muri Rayon Sports bamaze gufata icyemezo ntakuka ku mutoza ukomoka muri Mauritania, Mohamed Wade ko ari we ugomba gutoza Rayon Sports kugeza umwaka w’imikino wa 2023-24.

Nyuma yuko Rayon Sports isezereye umutoza mukuru wayitozaga, Yamen Zelfan wumunyamaha guturukamuri ukreine, mu gushaka umusimbura, bahise bajya gushaka umutoza umenyereye shampiyona y’u Rwanda, begera Thierry Hitimana bifuzaga maze birangira yanze kureka akazi ko mu irerero rya Bayern.

Byarangiye bemeje ko umutoza Mohamed Wade ari we mutoza mukuru uzatoza iyi kipe kugeza umwaka w’imikino wa 2023-24 urangiye, ubu arimo gushakirwa umutoza uzamwungiriza kandi akaba agomba kuba ari umunyarwanda.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *