wex24news

Umuhanzikazi Lydia Jazmine yagaragaye yambaye ubusa hejurunone akomeje guca igikuba kumbugankoranyambaga.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Lydia Jazmine Umuhanzikazi ukomoka muri Uganda yasangije amafoto yatangaje benshi ndetse aca igikuba mu bamukurikira detse na bafana be.

Uyu muhanzikazi ubwo yasangizaga aya mafoto ku mbuga nkoranyambaga, abafana be bamugaye cyane bavuga ko ibyo yakoze atari byo kandi bari bamuzi nk’umuntu w’iyubaha, gusa ubwo uyu muhanzi yajyaga kubasubiza yababwiye ko ibyo bavuga atabyitayeho

Ngo yabikoze yabitekerejeho atbyicuza detse kdandi yasabwe kuyakura kumbugankoranambaga arabihaka ntiyabikozwa.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *