wex24news

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yatsinzemo Yanga Africans nk’idahari -AMAFOTO.

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo Bindjeme yahabwaga igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi nyuma y’umukino APR FC yanyagiyemo Yanga Africans imvura yibitego.

Mu mikino y’igikombe cya Mapinduzi Cup iri kubera Zanzibar muri Tanzania APR FC ikomeje guhesha ishema igihugu cy’u Rwanda dore ko mu ijoro ryo ku wa 07 mutarama yaraye yihereranye ikipe ya Yanga Africans maze ikayitsinda ibitego bitatu kuri kimwe.

N’umukino umunya Cameroon Salomon Charles Banga Bindjeme yigaragajemo cyane byanatumye atorwa nk’umukinnyi mwiza w’umukino maze ahabwa ibihumbi 750,000 by’amafaranga yo muri Tanzania.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *