wex24news

byinshi ku bukwe bwa Sadio Mané waciye abantu murihumye akirongorera umugore wu munyamafaranga.

ku munsi wejo hashi tariki 7 Mutarama 2024 nibwo hagiye amakuru hanze yuko umukinnyi w’imyaka 31 y’amavuko, wakiniye amakipe nka
Red Bull Salzburg,
Southampton , Liverpool na Bayern Munich ubu akaba akinira Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Senegal Bakunda gutazira ” the Teranga Lions star” yakoze ubukwe mwibanga. Sadio Mané wavunzwe mu Rukundo n’Abakobwa batandukanye harimo n’umunyarwandakazi Kate Bashabe ndetse yavuzwe murukundo n’umunyamakuru w’imikino ukorera ikinyamakuru cya Sky sports witwa Reddy Melissa.

Ubu bukwe bwabereye mu gihugu cya Senegal munzu iherereye mu murwa mukuru wa Dakar yitwa Keur Massar, uyu musore udakunze gushyira hanze ubuzima bwe bwite yashakanye n’umukunzi we Aisha Tamba bigoranye ku mubonaho amakuru yaho akomoka cyangwa nicyo akora mu buzima bwe bwaburi munsi.

Sadio Mané yakoze ubukwe habura iminsi 6 gusa ngo igikombe cya Afurika gitangire.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *