wex24news

Kigali: Urukuta rw’ahahoze Hotel Le Printemps rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya – AMAFOTO

Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Kimironko ahahoze Hotel Le Printemps, urukuta rwagwiriye abantu bagera kuri12 bari barimo bubaka inyubako nshya.

Muri abo bantu 12 rwagwiriye, umuntu umwe niwe umaze kumenyekana ko yaguye muri iyi mpanuka.

Ni mu gihe abandi bakomeretse bo bahise bajyanywe kwa muganga igitaraganya kugira ngo bitabweho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *