wex24news

Mu mafoto ihere ijijo imiterere n’uburanga by’umukobwa ugiye guhagararira u Rwanda muri Miss Planet International ku isi

Miss Planet International ni irushanwa rihuriramo abakobwa baturutse mu mande zose z’isi, ndetse ni irushanwa rigiye kuba ku nshuro yaryo ya kane.

Kuri iyi nshuro iri rushanwa rizabera muri Cambodia, ndetse ni ku nshuro yambere Umunyarwanda aryitabiriye.

Kuri ubu u Rwanda ruzaba ruhagarariwe n’umukobwa witwa Yvonne Kabarokore  uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Ïvy. Akaba asanzwe ari Umunyamideri.

Mu mafoto ihere ijijo ubwiza n’imiterere bye.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *