wex24news

Huye! Abiga muri kaminuza bari bategereje guhabwa mudasobwa bari kwimyiza imoso.

Ubwo kuri uri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2024, muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye hatangwaga mudasobwa ku banyeshuri, abiga mu myaka isoza babajwe no kuba batazihawe.

Aba bavuga ko mu myaka bagezemo ari nabwo zikenerwa cyane, ariko batungurwa no kuba bazimwe.

Umwe mu banyeshuri yabwiye Kigali Today ati “Ntabwo tunejejwe n’ibibaye kuko ni twe tugeze mu bihe tuzikeneye cyane mu byo kwandika ibitabo. Ikindi kwiga ntibirangirira muri ‘Bachelors’, abazakomeza muri Masters bateganyaga kuzazifashisha. Turahombye cyane.”

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *