wex24news

Marina yaciye amazimwe ku rukundo rwe na Yvan Muziki.

Mu kiganiro amahumbezi gica kuri Radio Rwanda, Marina yari umutumirwa w’umunsi.  Muri icyo kiganiro Marina yari yatumiwemo, niho yatangiye ukuri ku rukundo rwe na Yvan Muziki rumaze iminsi ruvugwa hirya no hino.

Benshi bamaze igihe bashinja Yvan Muziki ko ariwe utuma Marina azima(adakora), ariko Marina yabihakanye ndetse avuga ko ababivuga bibeshya kuko we na Yvan Muziki badakunda.

Marina yavuze ko we na Yvan Muziki ari inshuti bisanzwe ndetse ko kugeza ubu nta mukunzi afite.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *