wex24news

Mu Bushinwa bahangayikishijwe n’igabanuka ry’impinja zivuka

Kuri uyu wa Gatatu taliki 17 Mutarama 2024, nibwo hashyizwe ahagaragara ibarura ryerekanye ko mu mpera z’umwaka ushize wa 2023 abantu bangana na Miliyari 1.409 bagabanutse ugereranyije na 2022.

Abahanga mu by’ibarurishamibare bavuga ko ibi byari byitezwe kuko abenshi mu Bashinwa bajya mu mijyi bagahugira mu mirimo nibabone uko babyare.

Prof Stuart Gietel-Basten, umuhanga muri poritike y’ubwiyongere bw’abantu muri kaminuza ya Hong Kong agira ati” Ntabwo ari igitangaza bafite ukwiyongera kuri hasi cyane ku isi.Abantu rero bareka kubyara ku mpamvu zinyuranye.

Muri iri barura ryakozwe, Ubushinwa bwagaragaje ko urugero rw’abana bavuka ubu rwagbaanutse kugera ku 6,39 %.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *