wex24news

Abenshi baziko yasezeranye mu Murenge gusa kandi siko biri (Sobanukirwa)

Biravugwa ko Kenny Sol n’umukunzi we Kunda Yvette basezeranye imbere y’Imana mu ibanga.

Amakuru dukesha IGIHE avuga ko ubwo abantu bari bahugiye mu nkuru z’amafoto y’uyu muhanzi asezerana n’umugore we mu Murenge, umuhango wabaye ku wa 5 Mutarama 2024, bwakeye asezerana imbere y’Imana.

Kenny Sol yasezeraniye mu rusengero rwitiriwe Mutagatifu Kizito ruherereye mu Nyakabanda ku wa 6 Mutarama 2024.

Ni umuhango Kenny Sol n’umugore we batumiyemo abantu batagera ku icumi biganjemo aba hafi mu miryango yabo, bemeranya ko ari amakuru atagomba kujya mu itangazamakuru cyangwa ku mbuga nkoranyambaga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *