wex24news

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza.

Omah Lay yakuriye inzira ku murima abakobwa bamwifuza.

Ni mu kiganiro uyu musore aherutse kugirana na Radio The Beat FM yo mu Bwongereza, yabajijwe niba hari umukunzi afite muri iyi minsi.

Uyu musore yasubije ko amaze igihe kinini nta mukunzi afite, ndetse avuga ko yifuza kuguma gutyo kuko yumva bimuryoheye cyane.

Omah Lay kandi yakomeje avuga ko umukobwa washaka kumujyana mu nkundo muri iyi minsi, atabona igisubizo gihuye n’ibyo yifuzaga(kuba bakundana).

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *