wex24news

Umunyamakuru Gloria Mukamabano akomeje gusabwa gukora amashusho y’indirimbo yakoranye na Bulldogg.

Umunyamakuru Gloria Mukamabano ni umwe mu bahoze bafite impano yo kuririmba gusa benshi ntibigeze bamenya ko yahoze aririmba kuko atabikoze igihe kinini, ahubwo abenshi bamumenye nk’umunyamakuru.

Kubatari babizi, uyu Grolia yahoze ari umuhanzi nubwo ntandirimbo nyinshi afite gusa afite indirimbo nyeya zirimo iyo yakoranye na Bulldogg ndetse niyo yakoranye na Pfla.

Indirimbo yakoranye na Bulldogg ni iyitwa “Bye bye nyakatsi”, gusa benshi ntibigize bamenya ko ari we.

Gusa kuri ubu bamwe mu babashije kumenya ko ari we waririmbaga muri iyi ndirimbo, batangiye kumugezaho ubusabe bwabo bamusaba ko we na Bulldogg babitekerezaho bagashyira hanze videwo y’iyi ndirimbo.

Umwe mu bakoresha urubuga rwa X , wiyita Gladiator ni umwe mu bagejeje ubu busabe kuri Gloria Mukabano

.

kanda hano urebe iyo ndirimbo

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *