wex24news

akingerayo atararuhuka Uwicyeza Pamela akoteye ibitanagaza kumugabane wa america.

Umunyarawanada kazi akaba yarabaye Miss Rwanda akaba ari n’umugore w’umuhanzi ukomeye mu Rwanda The Ben.

Yakoreye ikirori mumugi  i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.

Ni mu gihe uyu mu gore yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day.

Akingera M’umugi wa Washington DC muri Leta Zunze ubumwe za Amerika yahise ahakorera igitaramo cyo kwizizhiza isabukuru y’amavuko.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *