wex24news

Ifoto y’umukino! Byagenze bite kugirango Shaiboub yisange yikoreye intebe ku kibuga -Ifoto

Kuri uyu munsi tariki ya kane Gashyantare shampiyona y’icyiciro cya mbere hano mu Rwanda yakomeje ku munsi w’ayo wa 19.

Ikipe ya APR FC ikuye amanota agoye i Musanze gusa birangira APR FC itsinze Musanze FC ibitego 3-1, igira amanota 39 ku mwanya wa mbere.

Kubera ko i Musanze, aho abakinnyi basimbura bicara ari hato, Shaiboub yahisemo kwitwikira intebe ubwo imvura yari nyinshi.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *