wex24news

Amakuru agezweho mu mikino: Umukinnyi w’umunyamahanga wahembwaga akayabo muri APR FC yabonye ikipe nshya.

Umunya Cameroon Salomon Charles Banga Bindjeme wakiniriga ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC yamaze kubona ikipe nshya yitwa Al-Shorta SC .

Iyi kipe kina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Iraq iyi kipe kandi irakomeye cyane dore ko iri kumwanya wa kabiri muri Iraq Premier League.


Myugariro Salomon Charles Banga Bindjeme utabonaga umwanya uhagije mu ikipe ya APR FC ubu yamaze kugera mu gihugu cya Iraq aho agiye gukinira ikipe ye nshya ya Al-Shorta SC yamuguze imukuye muri APR FC.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *