wex24news

G Taff Wigeze kwamamara agira Inama Amavubi yo kugura Abakinnyi muri Arsenal na chelease Yinjiye muri Film Nyarwanda!

Ni abantu mbarwa baba batarabonye video Yazengurutse imbuga nkoranyambaga igira iti:” Njye mbona ikibazo cyo kuba amavubi adatsinda bishingiye ku mutoza, nagure abaikinnyi muri Arsenal na Chelease arebe ko adatsinda”.

Iyi video yaramamaye cyane kugeza aho yaciye ku mbuga zinyuranye z’ibyamamare kuko buri wese yabonaga ubwo busesenguzi bushekeje kuburyo byaba bigoye kumva ko umukinnyi wo muri Arsenal yaza gukinira uRwanda nyamara ataruvukamo!. Ikindi buri wese yumvagamo ishyaka ryo gushakira  ikipe y’igihugu Amavubi insinzi!.

Uyu musore ubusanzwe witwa Ntakirutimana AMZA yinjiye mu gukina filime aho yinjiriye mu gukina ari Umuvugabutumwa wigishiriza mu mihanda inyuranye!

G Taff Uri gukina ari Umuhanuzi ku mazina ya “Profete G Taff Maripango” yagaragaye muri Filime Bad Fame igice cya 9 isanzwe igaruka k’ubuzima bw’ibanga ibyamamare bibamo abantu batazi.

Niba warakunze Filime Bad fame series Reba Igice cya Kenda kigaragaramo G Taff wakunzwe na benshi kubera ubusesenguzi bwe ku MAVUBI.

kanda hano uyirebe

wex24news.com

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *