wex24news

Mu mupira w’amaguru hagiye kuzajya hatangwa ikarita y’ubururu.

Inzego zireberera umupira w’amaguru ku Isi, zatangaje ko hari gutekerezwa uko hazajya hatangwa ikarita y’ubururu, aho uyihawe azajya asohoka hanze y’ikibuga akamara iminota 10 yitekerezaho nyuma akongera agasubiramo.

Ubusanzwe habagaho ikarita y’umuhondo ihabwa uwakoze ikosa ryoroheje akaguma mu kibuga ndetse n’ikarita itukura ihabwa uwakoze ikosa rikomeye agahita asohoka mu kibuga.

Ngo ubu noneho hagiye kujya hatangwa ikarita y’ubururu ngo aho uzajya ayihabwa azajya asohoka hanze y’ikibuga 10 minota akitekerezaho akabona kugaruka mukibuga.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *