wex24news

Inkuru nziza ku bantu bategaga imodoka bakishyura urugendo rwose kandi bari kuvirimo hagati mu rugendo

Guverinoma yatangaje ko mu gihe cya vuba abatega imodoka rusange bazajya bishyura amafaranga bitewe n’aho imodoka ibagejeje.

Ibi bije nyuma yaho wategaga imodoka ukishyura urugendo rwose iyo modoka iribukore kandi mu byukuri utari bugere aho imodoka yerekeza.

Ibi biri mu rwego rwo korohereza abaturage kutaremererwa n’igiciro cy’ingendo mu gihe izaba yahagaritse nkunganire yatangiraga umugenzi.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *