wex24news

Uko mbibona: Dore aho telefone igendanwa ibera igitangaza.

Telefone igendanwa ifite imbaraga zirenze uko umuntu abitekereza. Mbere na mbere telefone igendanwa yaraje yirukana telefone zitagendanwa irangije isimbura televiziyo, yirukana mudasobwa, ikuraho amasaha, ifata umwanya wa kamera na radiyo, yihanangiriza amasitimu n’indorerwamo, irangije itera umugeri ibinyamakuru, amasomoro n’ibitabo.

Ntibyaciriye aho. Yasimbuye imikino ya videwo, yirukanye ikotomoni (porte-monnaie) cyangwa ikofi, ubu nta muntu ugikenera kureba kuri kalindari cyangwa kugendana ikarita ya banki.

Hejuru y’ibyo byose ariko, telefone igendanwa ishobora gusenya ingo, igateranya abakundana. None dore, buhoro buhoro irimo kugenda itwicira amaso, ikatumugaza umugongo, ikangiza ubuzima bwo mu mutwe, ari nako igenda isatira abazadukomokaho.

Ikuraho amasitimu,indorerwamo ,amasomero ,ibitabo nibindi

Twabaye imbata za telefone igendanwa

Ntibyaciriye aho. Yasimbuye imikino ya videwo, yirukanye ikotomoni (porte-monnaie) cyangwa ikofi, ubu nta muntu ugikenera kureba kuri kalindari cyangwa kugendana ikarita ya banki.

Telefone igendanwa ishobora kwangiza ubuzima bwo mu mutwe

Hejuru y’ibyo byose ariko, telefone igendanwa ishobora gusenya ingo, igateranya abakundana. buhoro buhoro irimo kugenda itwicira amaso, ikatumugaza umugongo, ikangiza ubuzima bwo mu mutwe, ari nako igenda isatira abazadukomokaho.

Telefone igendanwa ishobora kumugaza

Rero niba tutigenzuye ngo tuyikoreshe neza, bizarangira yishe na roho zacu.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *