wex24news

Amafoto : Abafana ba Al-Hilal nyuma yo kubona uko Neymar asigaye angana bamusabye kureka umupira burundu

Nyuma yamezi ane atitabira imikino kubera imvune yo mw’ivi (injured knee ligament) bigaragarira buri wese ko ibiro bye biri kuzamuka cyane.

gusa hari aho Camera zimwerekana afite ibiro byinshi bikabije nanone ahandi ugasanga biratandukanye ntago afite ibiro byinshi bikabije uyu musore wa maze gusanga bagenzi be muri Saudi Arabia ngo bakorane imyitozo abafana bakimubona bamwe muribo bamusabye ko yasezera ruhago Burundu bite we ngo nuko babonaga abyibushye cyane.

uyu musore Neymar Jr yasinyishijwe mu bihe bimwe na Cristiano Ronaldo muri Al Nassr ariko iyo urebye umusaruro bose bamaze gutanga usanga Neymar Jr bitaramuhiriye gusa umuyobozi bwa Al Hilal buvuga ko biteguye kuzongera kubona Neymar Jr Ari kurwego rushimishije nkurwo yahozeho.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *