wex24news

Gorilla FC iri kugana ahabi iravamo gite, ninde uyihakura?

Gorilla FC yirukanye umutoza Gatera Moussa n’abatoza babiri bamwungirije aribo Manirakiza Gervais n’uwongerera imbaraga abakinnyi, Kalisa François,uyu mwanzuro wafashashwe nyuma yo gutsindwa imikino itanu ya Shampiyona indakoramo.

ikipe ya Gorilla FC yagowe cyane n’intangiriro za shampiyona y’u Rwanda yuyu mwaka yabonye itsinzi yambere tariki ya 22 Ukwakira 2023 itsinze Amagaju FC kimwe ku busa, umukino wabereye kuri stadium ya Huye.

iyi kipe imaze gutsindwa ibitego 6 mu mikino 5 itsinda 1, ikipe ya Gorilla FC ku mwanya wa 14 n’amanota 21, inganya na Etincelles FC na Bugesera FC. Zirusha kandi umunani Etoile de l’Est ya nyuma na 13 ndetse isa n’iyamaze gusubira mu cyiciro kabiri ikaba indashobora kuhikura.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *