wex24news

Nyuma ya Aruna Moussa Madjaliwa undi mukinnyi wari uhetse Rayon Sports muri iki gihe yagize ikibazo cy’imvune.

Ikipe ya Rayon Sports ku munsi wo kuwa kabiri yakinnye umukino n’ikipe ya Vision FC umukino urangira ari ibitego 3-1 nubwo ikipe ya Rayon Sports bitagenze neza yavunikishije umukinnyi w’ingenzi.

Ni umukino wari mwiza ndetse ubona ko umutoza Julien Mette hari ibintu byinshi yahinduye muri Rayon Sports. Muri uyu mukino Kadime Ndiaye umuzamu wa Rayon Sports yagize ikibazo cy’imvune ariko ntiharatangazwa igihe azamara hanze y’ikibuga.

Ikipe ya Rayon Sports nubwo yavunikishije uyu mukinnyi aje yiyongera kuri Aruna Moussa Madjaliwa wanze kugaruka mu kibuga kuva yavunika Kandi bivugwa ko ntakibazo agifite ahubwo arimo gushaka gusohoka muri Rayon Sports.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *