wex24news

Biravugwa ko Shakib uherutse kurongora Zari Boss Lady, yamaze kwahukana.

Biravugwa ko Shakib uherutse kurongora Zari Boss Lady, yamaze kwahukana.

Bikomeje kuyobera abantu cyane abakurikira umuryango wa Shakib ndetse n’umuherwekazi Zari Hassan kuko ibimenyetso bikomeje kuba byinshi bigaragaza ko Shakib na Zari batameranye neza.

Si ibyo gusa kandi kuko hari amakuru ari guhwihwiswa hano hanze ko bishoboka ko uyu Shakib yaba yavuye muri Afurika y’Epfo akaba yisubiriye mu gihugu cyamubyaye cya Uganda.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *