wex24news

RIP Morgan: Umuyobozi w’itsinda Morgan Heritage yitabye Imana.

Peetah Anthony Morgan, wari ryakunzwe rikanamenyekana mu njyana ya Reggae riheruka no gutaramira mu Rwanda, yitabye Imana.

Uyu muhanzi yitabye Imana ku myaka 46 y’amavuko.

Ni inkuru y’incamugongo yamenyekanye ku mugoroba wa tariki 25 Gashyantare 2024, binyuze mu itangazo ryashyizwe ahagaragara n’umuryango we.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *