wex24news

Nyuma yo gutakaza igikombe umutoza wa Chelsea Pochettino yahumurije abafana b’ikipe ya Chelsea yifashishije Liverpool yarimaze ku mugarika.

Pochettino ati’’ ndibuka nyuma yimyaka Ine cyangwa Itatu ikipe ya Liverpool fc itakaje Champion’s league na Europa league bakomeje kwizerera mu mushinga wabo sezo itaha bari bakomeye gugeza igihe bageze kubyo bashakaga”

Akomeza agira ati” uru ni urugero rwiza iyo ushaka guhangana n’ikipe nka Liverpool  ntabwo uba ukwiye gucibwa intege nayo aka kanya ngo  nuko igutwaye igikombe uba ukwiye kuyifatiraho urugero rwogukomeza kugira icyizere kuko uba ushobora no kubona ibirenze”

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *