wex24news

I Manchester hagiye kuba amavugurura ashobora no gusiga Eric Ten Hag yeretswe umuryango usohoka.

Umuherwe uheruka gushora imari muri Manchester United  witwa Sir Jim Ratcliffe bivugwa ko yaba yaratangiye kugirana ibiganiro mu buryo bw’ibanga na Zinedine Zidane  kuba yaza agatoza iyi kipe umwaka w’imikino utaha .

Sir Jim Ratcliffe yamaze kugerageza guhindura byinshi muri iyi kipe ndetse aha akazi Omar Berrada nk’umuyobozi mukuru w’iy’ikipe mu gihe ari gukurikirana uwitwa Dan Ashworth ngo amugire umuyobozi ushinzwe ibya siporo  amukuye muri Newcastle united.

Si ibyo gusa kandi ateganya guhindura muri iyi kipe ya Manchester United kuko mu bigomba guhindurwa harimo no kubaka stade nshya igasimbuzwa Old Trafford iyi kipe yatangiye gukiniraho mu 1910.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *