wex24news

Cameroun: Samuel Eto yemeje ko adateganya kwiyamamariza kuba Perezida.

Aganira na radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, Samuel Eto’o, Perezida wa federasiyo y’umupira w’amaguru muri Cameroun, yahakanye ko adateganya kwiyamamariza kuba perezida wa Repubulika.Eto’o yabihakanye yivuye inyuma. Ati “nanjye birantungura. Numva abantu babivuga ariko njye amateka yanjye ni umupira w’amaguru, nibyo nakoze. Aka kanya ndi mu mupira w’amaguru kandi numva hari ibyo ngifite byo gukora.

bikaba bitangazwa hangeye kukuba yaritabiriye irahira ryumwe,mubakinnyi b’umupira wabaye perezinda wigihungu cya Liberia,Eto’o yasubije ko kuba yaragiyeyo ari cyubahiro amuh nkumuntu babanye mumupira w’amaguru, naho bihuriye no gushaka kuba umukuru w’igihugu.

bitewe nuko Eto’o ukunzwe n’abanyakameruni benshi kubera ibigwi bye muri Football.biravugwako bishoboka ko yiyamamaje yatorwa n’umubare waturange mwinshi.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *