wex24news

Meek Mill yasubije abavuze ko ari umutinganyi.

Robert Rhmeek Williams [ Meek Mill ] , yagaragaje ko , ibyo bakekera ku muhanzi w’Umuraperi ataribyo kuko Isi izi uwo ari we.Ati:” Ibi binyoma bari kubiha imbaraga nubwo baziko ataribyo”.

Yakomeje agira ati:” Intego yabo ni igusuzuguza umuryango mugari wa Hip Hop nanjye mbarizwamo”.

Muri ubu butumwa bwe , Meek Mill yavuze ko ntacyo yakora ngo abahagarike , cyakora abasaba gucisha make.

Bamwe mu basubije Meek Mill bavuze ko bemera ko atari umutinganyi ahubwo ko ngo yashakaga kwamamaza indirimbo ye ashobora kuba agiye gushyira hanze.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *