wex24news

Niyigena Clement yahawe ibihano mbere y’umukino APR FC izakinamo na Rayon Sports.

Mu kiganiro Niyigena Clement yagiranye n’itangazamakuru yavuze ko nawe ubwe ikibazo cy’abafana batitabira imikino yabo Kandi batsinda ngo akibaza cyane.

Yagize ati “Nanjye nibaza icyo kibazo, ni gute ikipe ari iya mbere ariko abafana ntibaza kuyiba hafi, sinzi ngo birapfira he ariko nabo nibashyiremo imbaraga zabo nukuri.”

Ibi uyu mukinnyi yabitangaje ku munsi wejo ubwo ikipe ya APR FC yatsindaga bigoranye ikipe ya Etoile De L’Est igitego 1-0 cyatsinzwe na Ellie Kategaya.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *