wex24news

clapton kibonke na bruce melody batangaje ko nabukwe bazingera bakora .

Mukiganiro bahuriyemo bagiranye numwe mubanyamakuru babajijwe ibyerekeranye nubukwe,aba bagabo bombi bavuze ko badakwiye gukora ubukwe cyangwa ngo bereke abantu uko bakunda abagore babo Kandi basanzwe babakunda. Ikindi bavuga ko gukora ubukwe ari ugutanga umugabo Kandi bo nta mugabo bashaka gutanga uzahamya urwo bakunda abagore babo icyambere nuko ngo abagore babo babizi ko babakunda ndetsee cyane.

Ninyuma yaho umunyarwenya witwa killman yakoze ubukwe bwavugishije benshi bitewe nimyiteguro yabwo kuko bwamutwaye arenga million 30 za manyarwanda

Iki kiganiro cyabereye kuri imwe mu isheni ya youtube yitwa MIE uyu muhanzi wicyamamare nuyu munyarwenya bakaba barakunze kugaruka kukuba nabukwe bakora ngo kuko n’ubundi bakunda abagore babo kandi ntanabagabo bo guhamya ko bakunda imiryago yabo.

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *