wex24news

Killaman yatangaje ko ubukwe bwe bwamutwaye amafaranga arenga miliyoni mirongo akaba ari mubukene.

Uyu munyarwenya aherutse gukora ubukwe bwavugishije benshi kumbugankoranya mbaga kuberta imyiteguro yabwo.

Mu kiganiro yagiranye na IGIHE, dukesha iyi nkuru, Killaman yatangaje ko buriya bukwe bwamusizemo ubukene bukabije cyane.

Yagize ati”Ubukwe bwose n’imyiteguro yabwo yantwaye arenga miliyoni 60 Frw.”

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *